Bamwe mu Batutsi b’i Nyumba bashyinguwe ari bazima – Umutangabuhamya

Umutangabuhamya, yasobanuriye Urukiko rwa Rubanda rwa Paris uko kuri Kiliziya ya Nyumba muri Komini Gishamvu, Perefegitura ya Butare, Interahamwe zaroshye mu byobo rusange Abatutsi benshi bari bakomeretse zikabahamba bakiri bazima. Ni mu rubanza Dr Eugene Rwamucyo, umuganga wari warize ibijyanye n’isuku n’isukura mu ishami ry’ubuzima rusange (Santé Publique) ashinjwamo kandi akaniyemerera kuba ari we wahambishije…

Read more

Dr Rwamucyo yitaga Abahutu bo mu Majyepfo ibyitso by’inkotanyi – Umutangabuhamya

Umwe mu batangabuhamya mu rubanza rwa Dr Eugène Rwamucyo rurimo kubera mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris, avuga ko Dr Rwamucyo yafataga Abahutu bo mu Majyepfo y’u Rwanda nk’ibyitso bya FPR Inkotanyi. Uyu mutangabuhamya wakoraga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda yibuka ubwo mu 1993, yigeze gufata umugoroba wo kuganira n’inshuti ze zarimo Abahutu n’Abatutsi zikomoka…

Read more

Umutangabuhamya arakibaza icyatumye Dr. Rwamucyo amwirukana ahakurwaga imibiri y’abazize Jenoside

Mu rukiko rwa Rubanda rwa Paris, umwe mu batangabuhamya uzi neza Dr Eugene Rwamucyo kuva bakiri abana biga mu Iseminari Nto ya Rwesero, kuri uyu wa 14 Ukwakira 2024, yabwiye abacamanza ko kugeza n’ubu akibaza impamvu Dr Rwamucyo yamwirukanye aho abafungwa bakuraga imibiri y’abari bamaze kwicwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mutangabuhamya wiyemerera kujya ku…

Read more

Paris: Umutangabuhamya yashinje Dr. Eugène Rwamucyo gukorera Kangura

Mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris, Alphonse Kilimobenecyo wakoreraga icapiro ry’uburezi,” Imprimerie Scolaire” mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yabwiye urukiko ko yabonye Dr Eugene Rwamucyo akosora inkuru z’ikinyamakuru Kangura kizwi nka kimwe mu bitangazamakuru rutwitsi byakanguriraga abahutu kwanga no kwica abatutsi. Mu buhamya bwe kuri uyu wa 8 Ukwakira 2024, Kilimobenecyo yavuze ko Dr Rwamucyo…

Read more

Gishamvu: Abarokotse jenoside bishimiye ko Eugene Rwamucyo yashyikirijwe ubutabera

Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Gishamvu, hamwe mu havugwa ko Rwamucyo yahakoreye ibyaha bya jenoside bishimiye ko yafashwe akagezwa imbere y’ubutabera kugira ngo aryozwe ibyaha yakoze. Umwe mu barokotse jenoside yavuze ko bibafasha iyo bumvise ko abakoze jenoside cyangwa abayipfobya bafashwe bagahanwa. Yagize ati ‘’Abagizi ba nabi bagiye badukorera amabi,…

Read more