Bamwe mu bagabo bitwaza “gender” bagahunga inshingano z’urugo

Ihame ry’uburinganire mu Rwanda rimaze gutera intambwe ishimishije n’ubwo hari abatararyumva neza. By’umwihariko gutunga urugo ntibikiri iby’umugabo gusa nk’uko mu minsi yashize byari bimeze, ubu umubare munini w’abagore utunga ingo zirimo abagabo, kubera ko bamwe nta bushobozi bafite cyangwa kuko bamwe batagihihibikanira ingo zabo bakabyegeka ku bagore babo. Guhunga inshingano ku bagabo bamwe, biracyatera ibibazo…

Read more