Kolombiya: Nyuma ya FARC n’inyeshyamba za ELN ziteguye ibiganiro by’amahoro

Nyuma y’imyaka irenga mirongo itanu Kolombiya ari ikotaniro ry’imirwano n’inyeshyamba zitandukanye, Kolombiya yaba igana mu nzira y’amahoro asesuye. Ubu n’inyeshyamba ziharanira kubohora icyo gihugu zatangaje ko ziteguye gutangira ibiganiro na Leta nyuma y’uminsi mike iza FARC zisinye amasezerano atarakiriwe neza muri referendumu. Nk’uko urubuga www.rfi.fr rubitangaza, kuri uyu wa mbere inyeshyamba ziharanira kubohora Kolombiya (ELN) na Leta…

Read more

Hillary Clinton mu kwigarurira igice cy’abarepulikani

Nyuma y’ikiganiro mpaka cyo kuri uyu wa 10 Ukwakira 2016 hagti y’abahatanira kuzayobora Lte aZunze Ubumwe za Amerika, ubu gushaka abayoboke birakomeje. hilaary Clinton w’umudemokarate ari kwigarurira imitima y’abarepubulikani bamwe bagaragaje ko batazatora umukandida wabo Donald Trump. Donald Trump afitanye ibibazo n’abo bari kumwe mu ishyaka. Nyuma yo kumva amwe mu magambo yatangajwe n’umwe mu…

Read more

Kenya yongeye kwibasirwa n’igitero cya Al-Shabab

Kuri uyu wa kane umutwe w’abarwanyi bagendera ku mahame ya Kisilam ba al – Shabaab batangeje ko bishe abaturage batandatu b’Abakirisitu mu mujyi wa Mandera uherereye mu majyaruguru y’uburarasirazuba bwa Kenya. Polisi ya Kenya yatangaje ko abo barwanyi bateye amagerenade banarasa urufaya rw’amasasu aho abaturage b’abakilisitu batuye, mu gihe bari basinziriye.Iki ni ikindi gitero cyongeye…

Read more

Kolombiya: Referandumu yamaganye amasezerano y’amahoro n’inyeshyamba za FARC

Nubwo abareba iyo ibintu bigana batari babibonye(sondage), nyamara ariko kuri iki cyumweru taliki ya 02 Ukwakira abanyakolombiya bazindukiye muri referandumu yemeza cyangwa yanga iby’amasezerano y’amahoro Leta yagiranye n’inyeshyamba za FARC zayirwanyaga. Abanga ayo masezerano bafite amajwi 50,21% mu gihe abayemera bafite 49,78% . Gusa ngo ibi ntacyo bihindura ku masezerano yashyizweho umukono. Nubwo abareba iyo…

Read more

Nyuma y’imyaka 52, Kolombiya n’inyeshyamba za FARC bahagaritse imirwano burundu

Kuri uyu wa mbere taliki ya 26 z’ukwezi kwa Nzeli, Leta ya Kolombiya n’inyeshyamba z’umutwe wa FARC basinyiye i Carthagène mu majyaruguru ya Kolombiya amasezerano ahagarika burundu imirwano nyuma y’imyaka 52. Imbere y’umunyamabanaga mukuru w’umuryango w’abibumbye. Nk’uko urubuga rwa RFI rubitangaza (www.rfi.fr) indirimbo zitandukanye, indirimbo yubahiriza igihugu ndetse n’amagambo y’abaharaniye ko ishyirwa mu bikorwa ry’ayo…

Read more

UNHCR irasobanura iby’imodoka “yayo” yavumbuwemo urumogi

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi ryasohoye itangazo risobanura iby’impanuka y’imodoka bivugwa ko ari iyayo yabaye ku wa 16 Kanama i Nyamasheke bakayisangamo urumogi. Nk’uko iri tangazo ribivuga ngo iyomodoka yahawe ku buryo bw’inguzannyo umwe mu bafatanyabikorwa bayo. Umushoferi ayifata abeshye ko agiye gutabara birangira imucuranguye inasangwamo ibiyobyabwenge. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR…

Read more

Nicolas Sarkozy yatangaje ko aziyamamaza muri 2017

Nk’uko bikuye mu gitabo cyashyizwe ahagaragara n’ishyaka ayoboye kuwa 24/8/2016, hagaragaramo ko Nicolas Sarkozy azongera kwiyamamariza kuyobora Ubufaransa mu matora ateganyijwe umwaka utaha wa 2017. Ni nyuma y’aho yayoboreye icyo gihugu manda imwe kuva muri 2007 kugera muri 2012. Mu nkuru y’ikinyamakuru Le Monde cyo mu bufaransa, Sarkozy agira ati “nafashe umwanzuro wo kuziyamamariza kuyobora…

Read more