Ahantu hafite amazina y’amahanga haramenyerewe mu miyoborere y’intara y’Uburasirazuba

Kumva amazina y’ahantu atari amanyarwanda mu ntara y’iburasirazuba si igitangaza. Amwe yamaze no kwinjira mu mazina akoreshwa mu miyoborere. Gusa bene izo nyito zifite aho zihurira n’amateka y’aho hantu. Mu ntara zose z’u Rwanda hari imisozi ifite amazina y’amahanga, ariko imyinshi muri yo ntiyinjizwa mu nyito z’imiyoborere y’inzego z’ibanze. Mu ntara y’Uburasirazuba ho, nta pfunwe…

Read more

Cricket yinjije umunyarwanda wa mbere mu guca agahigo ku isi

Eric Dusingizimana, umugabo w’imyaka 29 abaye umunyarwanda wa mbere winjiye mu gitabo Guiness World Records nyuma yo kumara amasaha 51 atera agapira ka Cricket ataruhutse. . Eric, Eric, Eric!!! Ngiyo inyikirizo yaririmbwaga n’abantu benshi kuri sitade ntoya y’I Remera ahagana saa tanu n’iminota icumi, ubwo umunyarwanda Eric Dusingizimana yerekezaga ku guca agahigo ku rwego rw’isi…

Read more

Guhagarara ku cyubahiro bitumye Chelsea ibuza Tottenham guhatanira igikombe

Mu mukino udafite cyinshi uvuze kuri Chelsea kuko utatumaga iza mu bahatanira igikombe, kuza mu bitabira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo n’ibindi bikombe byo ku mugabane w’uburayi, ikipe ya Chelsea yo mugi wa Londres yahagamye Tottenham umukino urangira banganyije ibitego 2-2. Ibi biha ku buryo budasubirwaho ikipe ya Leicester gufata umwanya wa mbere ikegukana…

Read more

2016: Yaya Touré, Umunyafrika winjiza menshi kurusha abandi kubera football

Nkuko bisanzwe bigenda buri mwaka, ikinyamakuru France Football cyashyize ahagaragara abakinnyi bahembwa neza muri uyu mwaka wa 2016. Mu bakinnyi b’Abanyafrika, uwongeye kuyobora urwo rutonde ni umukinnyi Yaya Touré ukomoka mu gihugu cya Kotedivuwari, akaba mu mezi 12 ashize yarashyize mu mufuka we miliyoni 18 z’amayero. Hagati aho ariko, urebye umushahara gusa, Touré arushwa na…

Read more

Bamwe mu bagabo bitwaza “gender” bagahunga inshingano z’urugo

Ihame ry’uburinganire mu Rwanda rimaze gutera intambwe ishimishije n’ubwo hari abatararyumva neza. By’umwihariko gutunga urugo ntibikiri iby’umugabo gusa nk’uko mu minsi yashize byari bimeze, ubu umubare munini w’abagore utunga ingo zirimo abagabo, kubera ko bamwe nta bushobozi bafite cyangwa kuko bamwe batagihihibikanira ingo zabo bakabyegeka ku bagore babo. Guhunga inshingano ku bagabo bamwe, biracyatera ibibazo…

Read more