Ahantu hafite amazina y’amahanga haramenyerewe mu miyoborere y’intara y’Uburasirazuba

Kumva amazina y’ahantu atari amanyarwanda mu ntara y’iburasirazuba si igitangaza. Amwe yamaze no kwinjira mu mazina akoreshwa mu miyoborere. Gusa bene izo nyito zifite aho zihurira n’amateka y’aho hantu. Mu ntara zose z’u Rwanda hari imisozi ifite amazina y’amahanga, ariko imyinshi muri yo ntiyinjizwa mu nyito z’imiyoborere y’inzego z’ibanze. Mu ntara y’Uburasirazuba ho, nta pfunwe…

Read more