Guhagarara ku cyubahiro bitumye Chelsea ibuza Tottenham guhatanira igikombe

Mu mukino udafite cyinshi uvuze kuri Chelsea kuko utatumaga iza mu bahatanira igikombe, kuza mu bitabira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo n’ibindi bikombe byo ku mugabane w’uburayi, ikipe ya Chelsea yo mugi wa Londres yahagamye Tottenham umukino urangira banganyije ibitego 2-2. Ibi biha ku buryo budasubirwaho ikipe ya Leicester gufata umwanya wa mbere ikegukana…

Read more