CICR yamuritse ibikorwa by’ubutabazi yakoze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku biro bya Komite Mpuzamahanga y’Umuryango utabara imbabare, CICR, i Kigali, hizihirijwe imyaka 60 uyu muryango umaze ukorera mu Rwanda. Hifashishijwe amafoto, CICR yagaragaje ibikorwa yagiye ikora mu kurengera ubuzima bw’abantu, by’umwihariko kuva mu 1993 no mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Mu mafoto yamuritswe, abitabiriye uyu muhango barimo ba Ambasaderi bahagarariye ibihugu…

Read more