Amatora2024/ Rusizi: Habineza yabasezeranyije amashuri yo gutwara ubwato ku rwego mpuzamahanga

Mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika birimbanyije, uyu munsi tariki ya 1 Nyakanga 2024, Umukandida w’ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Rusizi na Nyamasheke mu ntara y’Iburengerazuba. Mu migabo n’imigambi yatangaje, harimo kuzabaha ishuri ryigisha ubwato ku rwego mpuzamahanga ku…

Read more

Igitaramo ku matora: Uburyo bushya PAX PRESS yatangije bwo gufasha abaturage gusobanukirwa amatora

Kuganirira mu gitaramo ni uburyo bwakozwe nk’ikiganiro “uruhare rw’abaturage n’abayobozi” cyari kimenyerewe mu guhuza abaturage n’abayobozi bakaganira ku bibazo ndetse n’iterambere ryabo.  Iki kiganiro kije mu isura nshya y’igitaramo cyatambutse kiri kuba ‘’live’’ kuri Radio Ishingiro, Radio Izuba na Radio Isangano, ku wa 10 Kanama 2023. Cyavugaga ku matora atandukanye ashyiraho abayobozi. Ubwo iki gitaramo…

Read more

CICR yamuritse ibikorwa by’ubutabazi yakoze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku biro bya Komite Mpuzamahanga y’Umuryango utabara imbabare, CICR, i Kigali, hizihirijwe imyaka 60 uyu muryango umaze ukorera mu Rwanda. Hifashishijwe amafoto, CICR yagaragaje ibikorwa yagiye ikora mu kurengera ubuzima bw’abantu, by’umwihariko kuva mu 1993 no mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Mu mafoto yamuritswe, abitabiriye uyu muhango barimo ba Ambasaderi bahagarariye ibihugu…

Read more