Covid19 yagaragaje ko Urwego rw’ubuhinzi n’ubworozi rugomba gushyirwamo ingufu kurushaho

Kuva Covid19 yagera mu Rwanda,umurimo w’ubuhinzi uri mu mirimo mike yasigaye yemerewe gukora. Haba ubuhinzi ubwabwo nk’umurimo ndetse no gucuruza ibibukomokaho no kubigeza aho bikenewe. Mu gihe indi mirimo yabaga yahagaze byo byarakomeje. Ibi nibyo bitera abasesenguzi kuvuga ko Leta yagombye gushyiramo ingufu zisumbuyeho kugira ngo U Rwanda rugire ubuhinzi buhamye bukurura n’abakiri bato. «…

Read more