Nyamasheke: Abangirijwe imitungo mu ikorwa ry’imihanda barasaba ingurane

Ikorwa ry’umuhanda nubwo risiga rifashije abaturage mu migenderanire myiza kubera ibikorwa remezo byizewe kandi bihamye biba byakozwe ariko kandi risiga n’ibibazo. Muri Nyamasheke, bamwe mu bangirijwe n’iyubakwa ryawo barasaba ingurane na n’ubu batarahabwa. Bamwe mu baturage bangirijwe imitungo mu ikorwa ry’umuhanda wa kaburimbo uva mu Karere ka Karongi kugera mu ka Nyamasheke ‘Kivu Belt’, n’undi…

Read more