Kudakurikirana imicungire ya koperative zabo bituma ziyoborwa uko abayobozi bazo babishaka

Itegeko rigenga koperative mu Rwanda rigena uburyo zishingwa, zicungwa ndetse n’inshingano n’uburenganzira bw’abanyamuryango bazo. Gusa, hari bamwe mu banyamuryango bazo bigira ba ‘’ntibindeba’’ bagaharira imicungire yazo abayobozi, n’abagerageje gusobanuza ibitagenda bagafatirwa ibihano bikakaye kandi ari uburenganzira bwabo. Imwe mu ngaruka z’iyo mikorere ni uguhomba bishobora no kuvamo gusenyuka burundu. Gahunda ya Leta y’u Rwanda ni…

Read more

Kamonyi: Bamwe mu bafite ubumuga bizeye ko gahunda z’iterambere zizabahindurira ubuzima

Bamwe mu bafite ubumuga bo mu mirenge ya Mugina na Gacurabwenge y’akarere ka Kamonyi bavuga ko kubashyira muri gahunda z’iterambere nka Girinka na VUP byabahinduriye imibereho, aho bamwe babasha kubona ifumbire yo gushyira mu mirima yabo abandi bagafasha abana babo gukomeza kwiga badacikirije amashuri. Gahunda zigamije iterambere ry’abaturage nka Girinka na VUP, zashyiriweho abaturage kugira…

Read more

Iburasirazuba: Inzuri zirenga magana ane zihingwamo mu buryo butemewe

Inzuri zagenewe kororerwamo ariko zihingwamo, umuco wa hinga tugabane hagati y’aborozi n’abahinzi, gutinda gusinya amasezerano yo gukoresha neza inzuri, ngibyo ibyagarutsweho mu nama n’ubuyobozi ku mikoreshreze y’inzuri i Burasirazuba. Abayobozi n’abaturage basabwe gufata izindi ngamba mu gukemura ibyo bibazo. Raporo zitangwa n’abashinzwe ubworozi mu turere twa Kayonza, Nyagatare na Gatsibo zigaragaza ko hari inzuri 440…

Read more

Guteka kuri biogaz na rondereza byabatandukanyije no kwangiza amashyamba

Bamwe mu bahawe biogaz n’imbabura za rondereza n’umushinga Green Gicumbi, ukorerwa mu karere ka Gicumbi, mu ntara y’Amajyaruguru mu rwego rwo kugabanya ibicanwa byatumaga bamwe bajya gusenya inkwi, bavuga ko byatumye batakijya kwangiza amashyamba. Ubu nabo ngo bazi uruhare rwabo mu kubungabunga ibidukikije Mukantwari Gaudiose w’imyaka 47 y’amavuko atuye mu mudugudu wa Rwasama akagari ka…

Read more

Gicumbi:Ibigega birafata amazi yateraga isuri

Bamwe mu bubakiwe ibigega bifata amazi n’ umushinga Green Gicumbi, bavuga ko batagisenyerwa cyangwa ngo bangirizwe n’amazi yo ku bisenge by’inzu kuko biyafata bityo n’ isuri ntibatwarire ubutaka. Ndabarinzi Emmanuel ni umuhinzi w’icyayi utuye mu kagari ka Rugerero mu murenge wa Mukarange w’akarere ka Gicumbi. Aravomera amazi mu ijerekani ya litiro 20 ku kigega kingana…

Read more

COVID19 yatumye zimwe mu mpunzi z’abakobwa zigorwa n’isuku mu gihe cy’imihango

Kuva muri werurwe 2020 igihe hatangiraga Guma mu rugo kubera icyorezo cya COVID19, mu Rwanda abakobwa b’amikoro make cyane cyane impunzi; abenshi bahuye n’ubuzima bushaririye bwo kubura ibitambaro by’isuku bizwi nka “Cotex”. Igihe Covid19, yagaragaraga mu Rwanda hakabaho “Guma mu rugo”, ababuze akazi bagiye bafashwa na Leta kubona ibiryo. Ibi bigamije kubafasha kuba basunika iminsi…

Read more