Amanyanga mu ikoreshwa ry’amafaranga ya SDF aca intege urubyiruko

Ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda na Banki y’isi, haje umushinga w’ikigega SDF (Skills Development Funds) ugamije gufasha urubyiruko kwimenyereza umwuga bigira ku murimo. Ibigo byakira urubyiruko bivuga ko bigenda neza, nyamara bamwe mu rubyiruko batabyitabira: abanyeshuri ba baringa, kudahabwa ibyateganijwe, ruswa mu gutera inkunga imishinga; ni bimwe mu bica intege iyi gahunda. Muri iyi…

Read more

Iburasirazuba: Inzuri zirenga magana ane zihingwamo mu buryo butemewe

Inzuri zagenewe kororerwamo ariko zihingwamo, umuco wa hinga tugabane hagati y’aborozi n’abahinzi, gutinda gusinya amasezerano yo gukoresha neza inzuri, ngibyo ibyagarutsweho mu nama n’ubuyobozi ku mikoreshreze y’inzuri i Burasirazuba. Abayobozi n’abaturage basabwe gufata izindi ngamba mu gukemura ibyo bibazo. Raporo zitangwa n’abashinzwe ubworozi mu turere twa Kayonza, Nyagatare na Gatsibo zigaragaza ko hari inzuri 440…

Read more