Covid19: Nyuma yo gutakaza imirimo, ubuzima burabakomereye

Bamwe mu baturage batakaje imirimo kubera gushyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda Covid19, batangaza ko ubuzima bubakomereye mu miryango yabo kuko batagikora imirimo ibabyarira inyungu nk’uko byahoze. Bifuza gufashwa kubona ibindi bakora bibatunga. Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru barimo abahoze bakora mu tubari, mu nzu zambika abageni, mu tubyiniro no mu bijyanye n’imisango y’ubukwe no kuvugira…

Read more

COVID19 yatumye zimwe mu mpunzi z’abakobwa zigorwa n’isuku mu gihe cy’imihango

Kuva muri werurwe 2020 igihe hatangiraga Guma mu rugo kubera icyorezo cya COVID19, mu Rwanda abakobwa b’amikoro make cyane cyane impunzi; abenshi bahuye n’ubuzima bushaririye bwo kubura ibitambaro by’isuku bizwi nka “Cotex”. Igihe Covid19, yagaragaraga mu Rwanda hakabaho “Guma mu rugo”, ababuze akazi bagiye bafashwa na Leta kubona ibiryo. Ibi bigamije kubafasha kuba basunika iminsi…

Read more