Kudakurikirana imicungire ya koperative zabo bituma ziyoborwa uko abayobozi bazo babishaka

Itegeko rigenga koperative mu Rwanda rigena uburyo zishingwa, zicungwa ndetse n’inshingano n’uburenganzira bw’abanyamuryango bazo. Gusa, hari bamwe mu banyamuryango bazo bigira ba ‘’ntibindeba’’ bagaharira imicungire yazo abayobozi, n’abagerageje gusobanuza ibitagenda bagafatirwa ibihano bikakaye kandi ari uburenganzira bwabo. Imwe mu ngaruka z’iyo mikorere ni uguhomba bishobora no kuvamo gusenyuka burundu. Gahunda ya Leta y’u Rwanda ni…

Read more