Bahisha ababateye inda ngo badahabwa akato

Bamwe mu bana b’abakobwa batewe inda zitateguwe mu murenge wa Rugendabari mu karere ka Muhanga ,bavuga ko batinya kugaragaza ababateye inda kuko bababatinya ko imiryango bavukamo izabaha akato ndetse bakabangira n’abana. Mujawayezu Adeline umwe mu bana batewe inda bakiri bato kuko yari afite imyaka 17 ,avuga ko nyuma yo gufatwa ku ngufu n’umusore w’imyaka 25…

Read more