Paris: Muhayimana yasabiwe igifungo cy’imyaka 15 n’ubushinjacyaha

Ubushinjacyaha mu rukiko rwa Rubanda I Paris,bwasabiye Muhayimana Claude, igifungo cy’imyaka 15 ku byaha akurikiranyweho by’ubufatanyacyaha n’ibyaha byibasiye inyokomuntu muri jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 mu cyahoze ari perefegitura ya Kibuye. Ubushinjacyaha bwatangarije abitabiriye urubanza ko uregwa asabirwa ibihano hakurikijwe uruhare rwe n’ibyo yakoze,aho bwagarutse ku mateka ya jenoside n’uko abatutsi bishwe guhera mu…

Read more

Igihano cyasabiwe Muhayimana nticyanyuze abarokokeye I Karongi

Ku munsi wa 18 w’urubanza rwa Claude Muhayimana, humviswe ubushinjacyaha bwavuze ko busabira uregwa ibihano bukurikije uruhare rwe n’ibyo yakoze. Ubushinjacyaha bwibukije ko Muhayimana ashinjwa jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu ni ukuvuga ibyaha birusha ibindi gukomera umuntu yakorera inyokomuntu bumusabira imyaka 15 y’igifungo. Habarugira Isaac, perezida wa Ibuka mu karere ka Karongi yabwiye Radio Isangano ko…

Read more