Rwanda-Jenoside: IKIBAZO CY’INDISHYI GICA INTEGE ABAHOHOTEWE

Kimwe no mu zindi manza nshinjabyaha, kuregera indishyi birashoboka. Mu manza zirebana na jenoside ziburanishirizwa ku Rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa, hari abahagarariye ababuranira indishyi. Ku madosiye 5 amaze kuburanishwa yaregewemo indishyi, hapfundikiwe 1, nyamara abo urukiko rwageneye indishyi ntibarazibona bose. Umwe mu bababuranira umaze imyaka irenga 20 muri aka kazi, Me Gisagara…

Read more