Rwamagana: Inteko z’abaturage zifasha kugeza amakuru kuri rubanda

Abaturage bo mu karere ka Rwamagana bavuga ko nyuma y’uko gahunda y’inteko z’abaturage zivuguruye itangijwe batakigira ingingimira ku makuru y’ibibakorerwa n’uburyo bahabwamo serivisi. Inteko z’abaturage ni inama zikorwa rimwe mu cyumweru zigahuza abayobozi ku nzego zitandukanye n’abaturage muri buri mudugudu, maze bakaganira ku kibazo cyangwa insanganyamatsiko runaka, hagamijwe guha amakuru abaturage no kugira uruhare mu…

Read more