Ubwongereza: Benshi mu barimu bunganizi(assistants teachers) ntibabyazwa umusaruro

Igihugu cy’ubwongereza ngo nicyo gica agahigo mu kugira abarimu benshi n’amashuri meza, ariko hakorwa urutonde rushingiye ku bushobozi bw’abanyeshuri, iki gihugu kikaza mo hagati, inyuma ya za Singapure na Finilande. Si aka wa mugani w’ikinyarwanda ngo “uburo bwinshi ntibugira umusururu”, gahunda mpuzamahanga yo gusuzuma ubushobozi bw’abanyeshuri (Programme for International Student Assessment/PISA) iyo itondetse ibihugu, Ubwongereza…

Read more