Urubanza rwa Fabien Neretse rwatangiye umwunganira avuga ko bamwibeshyeho

Mu rubanza ruregwamo Fabien Neretse rwatangiye kuri uyu wa kane taliki ya 7/11/2019 mu Bubiligi; ubushinjacyaha bwagaragaje mu masaha abiri n’igice ibirego uyu musaza w’imyaka 71 akurikiranyweho, nyuma Me Flamme wunganira uregwa ahabwa umwanya wo kuvuga. Mu gusoma inyandiko y’amapaji 55, Me Flamme yavuze ko umukiliya we atigeze aba umusirikari nk’uko bivugwa, ahubwo ko ubushinjacyaha…

Read more