Nyagatare: Ababyeyi barasabwa kutabura igi ku ifuguro ry’abana babo
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Matimba mu Karere ka Nyagatare basanga nta mwana ukwiye kugwingira kuko atabonye igi cyane ko rihendutse kandi akaba ari indyo yuzuye ikenerwa n’umwana. Mu kwizihiza umunsi w’Umuganura, amagi yari bimwe mu biribwa byateguriwe abana mu rwego rwo gushishikariza ababyeyi guhora bayagaburira abana mu rwego rwo kubarinda igwingira. Bamwe…