Hosni Mubarak wari umaze imyaka 6 afunze agiye gufungurwa

Urukiko rukuru rw’Ubujurire mu Misiri ruherutse guhanagura kuri Hosni Mubarak wahoze ari Perezida wa Misiri, ibyaha by’ubugambanyi n’urupfu rw’abatari bashyigikiye ubutegetsi bwe baguye mu myigaragambyo bakoze muri 2011 yaje no kumuhirika ku butegetsi. Nyuma yo guhanagurwaho ibyo byaha bitegerejwe ko Mubarak afugurwa muri iyi minsi nkuko ibiro ntaramakuru by’Abongereza Reuters byabitangaje.Mubarak yafunzwe ubwo mu bihugu…

Read more