U Rwanda rwegukanye umwanya wa kabiri ku isi mu myiyerekano ya Taekwondo

Abakinnyi bari bahagarariye u Rwanda mu mikino y’imyiyerekano ya Taekwondo, yabereye muri korea kuwa 6/12/2017 bitwaye neza begukana umudali w’umuringa (silver). Ni mu irushanwa ryitwa Ambassador’s cup world championship, ryahuje ibihugu 96 biturutse ku migabane itandukanye y’isi, 25 akaba aribyo bahatanye ku mukino wa nyuma. Ikipe y’abanyarwanda yari igizwe n’abakinnyi babiri aribo Mbonigaba Boniface wahagarariye…

Read more

RDC: l’invalidation du passeport semi-biométrique perturbe les Congolais à l’étranger.

Une décision a été prise par le Ministre des affaires étrangères mi-septembre, selon laquelle les anciens passeports semi-biométriques en circulation ne seront plus valides à partir du 16 octobre 2017. Cette situation a perturbé certains Congolais de la diaspora. Ils trouvent que cette décision a été prise à la hâte, vu le dysfonctionnement des ambassades…

Read more

Intwaramihigo zifasha mu kugeza nk’”Uwikorera” mu baturage zahawe ishimwe

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwahembye abantu biswe intwaramihigo bayifasha kugeza no kumenyekanisha gahunda ya ‘Nk’uwikorera’ mu baturage hirya no hino mu gihugu. Ibipimo by’imiyoborere mu Rwanda bikorwa buri myaka ibiri na RGB bigaragaza ko icy’imitangire ya serivisi mu Rwanda cyakomeje kuza inyuma y’ibindi mu myaka itanu ishize. Mu bipimo by’imiyoborere bya 2016, icy’imitangire ya serivisi…

Read more

La Grande Bretagne exhorte le Président Kabila à parvenir à un accord dans les plus brefs délais

La grande Bretagne exhorte la flexibilité des parties concernées en RDC pour parvenir à un accord commun dans la mise en œuvre de l’accord politique signé le 31 Décembre 2016. Les partis politiques doivent appuyer positivement les efforts de la Conférence Episcopale Nationale du Congo(CENCO). S’exprimant sur la situation en RD Congo, le Ministre britannique…

Read more

Hosni Mubarak wari umaze imyaka 6 afunze agiye gufungurwa

Urukiko rukuru rw’Ubujurire mu Misiri ruherutse guhanagura kuri Hosni Mubarak wahoze ari Perezida wa Misiri, ibyaha by’ubugambanyi n’urupfu rw’abatari bashyigikiye ubutegetsi bwe baguye mu myigaragambyo bakoze muri 2011 yaje no kumuhirika ku butegetsi. Nyuma yo guhanagurwaho ibyo byaha bitegerejwe ko Mubarak afugurwa muri iyi minsi nkuko ibiro ntaramakuru by’Abongereza Reuters byabitangaje.Mubarak yafunzwe ubwo mu bihugu…

Read more