Inama ntegurarubanza y’urubanza rwa Kabuga igiye guterana

Urwego Rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwashyiriweho u Rwanda (MICT), rwatangaje ko ku itariki ya 6 Ukwakira uyu mwaka, hazabaho Inama ntegurarubanza y’urubanza rwa Kabuga Félicien ufunzwe akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi nama izaba igamije gusuzuma ibijyanye n’urubanza rwa Kabuga mbere y’uko rutangira kuburanishwa mu mizi, aho uruhande rw’Ubushinjacyaha ruhagarariwe na Serge…

Read more

Ubufaransa bwongeye guta muri yombi Isaac Kamali

Ubutabera bw’Ubufaransa bwongeye guta muri yombi umunyarwanda Isaac Kamali ukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, akaba akurikiranyweho icyaha cya jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu. Kamali w’imyaka 72 yafashwe n’ubutabera bw’Ubufaransa ku wa kane taliki 16 Nzeri 2021 nk’uko byatangajwe n’ishami ry’ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya ibikorwa by’iterabwoba. Ubutabera bw’u Rwanda bwari bwaramukatiye igihano…

Read more

La COMESA exhorte les États membres à intensifier les programmes d’infrastructure

Les Ministres en charge des Infrastructures ont appelé les États de la région à intensifier les programmes visant à moderniser et entretenir les infrastructures, à adopter et à mettre en œuvre les instruments de transit du COMESA afin d’améliorer l’efficacité des corridors de transport. Lors de leur 12e réunion conjointe tenue virtuellement, les Ministres responsables…

Read more

Covid19: Nyuma yo gutakaza imirimo, ubuzima burabakomereye

Bamwe mu baturage batakaje imirimo kubera gushyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda Covid19, batangaza ko ubuzima bubakomereye mu miryango yabo kuko batagikora imirimo ibabyarira inyungu nk’uko byahoze. Bifuza gufashwa kubona ibindi bakora bibatunga. Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru barimo abahoze bakora mu tubari, mu nzu zambika abageni, mu tubyiniro no mu bijyanye n’imisango y’ubukwe no kuvugira…

Read more

COVID19 yatumye zimwe mu mpunzi z’abakobwa zigorwa n’isuku mu gihe cy’imihango

Kuva muri werurwe 2020 igihe hatangiraga Guma mu rugo kubera icyorezo cya COVID19, mu Rwanda abakobwa b’amikoro make cyane cyane impunzi; abenshi bahuye n’ubuzima bushaririye bwo kubura ibitambaro by’isuku bizwi nka “Cotex”. Igihe Covid19, yagaragaraga mu Rwanda hakabaho “Guma mu rugo”, ababuze akazi bagiye bafashwa na Leta kubona ibiryo. Ibi bigamije kubafasha kuba basunika iminsi…

Read more

Covid19 yagaragaje ko Urwego rw’ubuhinzi n’ubworozi rugomba gushyirwamo ingufu kurushaho

Kuva Covid19 yagera mu Rwanda,umurimo w’ubuhinzi uri mu mirimo mike yasigaye yemerewe gukora. Haba ubuhinzi ubwabwo nk’umurimo ndetse no gucuruza ibibukomokaho no kubigeza aho bikenewe. Mu gihe indi mirimo yabaga yahagaze byo byarakomeje. Ibi nibyo bitera abasesenguzi kuvuga ko Leta yagombye gushyiramo ingufu zisumbuyeho kugira ngo U Rwanda rugire ubuhinzi buhamye bukurura n’abakiri bato. «…

Read more