Covid19: Nyuma yo gutakaza imirimo, ubuzima burabakomereye

Bamwe mu baturage batakaje imirimo kubera gushyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda Covid19, batangaza ko ubuzima bubakomereye mu miryango yabo kuko batagikora imirimo ibabyarira inyungu nk’uko byahoze. Bifuza gufashwa kubona ibindi bakora bibatunga. Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru barimo abahoze bakora mu tubari, mu nzu zambika abageni, mu tubyiniro no mu bijyanye n’imisango y’ubukwe no kuvugira…

Read more

COVID19 yatumye zimwe mu mpunzi z’abakobwa zigorwa n’isuku mu gihe cy’imihango

Kuva muri werurwe 2020 igihe hatangiraga Guma mu rugo kubera icyorezo cya COVID19, mu Rwanda abakobwa b’amikoro make cyane cyane impunzi; abenshi bahuye n’ubuzima bushaririye bwo kubura ibitambaro by’isuku bizwi nka “Cotex”. Igihe Covid19, yagaragaraga mu Rwanda hakabaho “Guma mu rugo”, ababuze akazi bagiye bafashwa na Leta kubona ibiryo. Ibi bigamije kubafasha kuba basunika iminsi…

Read more

Covid19 yagaragaje ko Urwego rw’ubuhinzi n’ubworozi rugomba gushyirwamo ingufu kurushaho

Kuva Covid19 yagera mu Rwanda,umurimo w’ubuhinzi uri mu mirimo mike yasigaye yemerewe gukora. Haba ubuhinzi ubwabwo nk’umurimo ndetse no gucuruza ibibukomokaho no kubigeza aho bikenewe. Mu gihe indi mirimo yabaga yahagaze byo byarakomeje. Ibi nibyo bitera abasesenguzi kuvuga ko Leta yagombye gushyiramo ingufu zisumbuyeho kugira ngo U Rwanda rugire ubuhinzi buhamye bukurura n’abakiri bato. «…

Read more

Amasashi ya pulasitike akomeje kubangamira ingomero z’amashanyarazi

Ubuyobozi bw’ikigo cya SINELAC gitanga amashanyarazi mu bihugu bigize umuryango wa CEPGL butangaza ko bukomeje guhura n’ihurizo ry’amasashi na pulasitiki bisohoka mu mazi y’ikiyaga cya Kivu hamwe n’ibisohoka mu mujyi wa Bukavu, aho bituma nibura urugomero rwa SINELAC rufunga amasaha abiri ku munsi aruhombya Megawatt (MW) zitari munsi ya 70. Ni amafaranga atari makeya uyabariye…

Read more

Tender for Supply of Personal Protection Equipment (PPE) Kits for COVID -19 Pandemic

PAX PRESS is soliciting offers for the above mentioned Personal Protection Equipment (PPE) Kits for COVID -19 Pandemic through a competitive bidding process. Tender for Supply of Personal Protection Equipment (PPE) Kits for COVID -19 Pandemic PAX PRESS is a Non-Governmental Organization with Legal personality number 029/2014, with its head offices located in Nyarugenge district,…

Read more

Abasenyewe n’ibiza barishimira kongera gutuzwa

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Busogo,bari bacumbitse mu mashuli kubera gusenyerwa n’ibiza by’amazi y’imvura ava mu birunga (imyuzi),barishimira kuba barafashijwe kubona aho kuba. Mu ijoro ryo kuwa 6 rishyira kuwa 7 Gicurasi 2020 mu turere twegereye ibirunga harimo n’akarere ka Musanze haguye imvura nyinshi yateje Ibiza byasenyeye abaturage,byangiza n’imyaka bamwe…

Read more