Hillary Clinton mu kwigarurira igice cy’abarepulikani
Nyuma y’ikiganiro mpaka cyo kuri uyu wa 10 Ukwakira 2016 hagti y’abahatanira kuzayobora Lte aZunze Ubumwe za Amerika, ubu gushaka abayoboke birakomeje. hilaary Clinton w’umudemokarate ari kwigarurira imitima y’abarepubulikani bamwe bagaragaje ko batazatora umukandida wabo Donald Trump. Donald Trump afitanye ibibazo n’abo bari kumwe mu ishyaka. Nyuma yo kumva amwe mu magambo yatangajwe n’umwe mu…








