Intwaramihigo zifasha mu kugeza nk’”Uwikorera” mu baturage zahawe ishimwe

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwahembye abantu biswe intwaramihigo bayifasha kugeza no kumenyekanisha gahunda ya ‘Nk’uwikorera’ mu baturage hirya no hino mu gihugu. Ibipimo by’imiyoborere mu Rwanda bikorwa buri myaka ibiri na RGB bigaragaza ko icy’imitangire ya serivisi mu Rwanda cyakomeje kuza inyuma y’ibindi mu myaka itanu ishize. Mu bipimo by’imiyoborere bya 2016, icy’imitangire ya serivisi…

Read more

La Grande Bretagne exhorte le Président Kabila à parvenir à un accord dans les plus brefs délais

La grande Bretagne exhorte la flexibilité des parties concernées en RDC pour parvenir à un accord commun dans la mise en œuvre de l’accord politique signé le 31 Décembre 2016. Les partis politiques doivent appuyer positivement les efforts de la Conférence Episcopale Nationale du Congo(CENCO). S’exprimant sur la situation en RD Congo, le Ministre britannique…

Read more

Hosni Mubarak wari umaze imyaka 6 afunze agiye gufungurwa

Urukiko rukuru rw’Ubujurire mu Misiri ruherutse guhanagura kuri Hosni Mubarak wahoze ari Perezida wa Misiri, ibyaha by’ubugambanyi n’urupfu rw’abatari bashyigikiye ubutegetsi bwe baguye mu myigaragambyo bakoze muri 2011 yaje no kumuhirika ku butegetsi. Nyuma yo guhanagurwaho ibyo byaha bitegerejwe ko Mubarak afugurwa muri iyi minsi nkuko ibiro ntaramakuru by’Abongereza Reuters byabitangaje.Mubarak yafunzwe ubwo mu bihugu…

Read more

Kolombiya: Nyuma ya FARC n’inyeshyamba za ELN ziteguye ibiganiro by’amahoro

Nyuma y’imyaka irenga mirongo itanu Kolombiya ari ikotaniro ry’imirwano n’inyeshyamba zitandukanye, Kolombiya yaba igana mu nzira y’amahoro asesuye. Ubu n’inyeshyamba ziharanira kubohora icyo gihugu zatangaje ko ziteguye gutangira ibiganiro na Leta nyuma y’uminsi mike iza FARC zisinye amasezerano atarakiriwe neza muri referendumu. Nk’uko urubuga www.rfi.fr rubitangaza, kuri uyu wa mbere inyeshyamba ziharanira kubohora Kolombiya (ELN) na Leta…

Read more

Hillary Clinton mu kwigarurira igice cy’abarepulikani

Nyuma y’ikiganiro mpaka cyo kuri uyu wa 10 Ukwakira 2016 hagti y’abahatanira kuzayobora Lte aZunze Ubumwe za Amerika, ubu gushaka abayoboke birakomeje. hilaary Clinton w’umudemokarate ari kwigarurira imitima y’abarepubulikani bamwe bagaragaje ko batazatora umukandida wabo Donald Trump. Donald Trump afitanye ibibazo n’abo bari kumwe mu ishyaka. Nyuma yo kumva amwe mu magambo yatangajwe n’umwe mu…

Read more

Kenya yongeye kwibasirwa n’igitero cya Al-Shabab

Kuri uyu wa kane umutwe w’abarwanyi bagendera ku mahame ya Kisilam ba al – Shabaab batangeje ko bishe abaturage batandatu b’Abakirisitu mu mujyi wa Mandera uherereye mu majyaruguru y’uburarasirazuba bwa Kenya. Polisi ya Kenya yatangaje ko abo barwanyi bateye amagerenade banarasa urufaya rw’amasasu aho abaturage b’abakilisitu batuye, mu gihe bari basinziriye.Iki ni ikindi gitero cyongeye…

Read more