Muhanga: Bayobotse inzira z’ibyaro batinya kubazwa agapfukamunwa
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Muhanga bavuga ko basobanukiwe n’akamaro ko kwambara agapfukamunwa, mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19, nyamara banagaragaza impungenge ko babangamirwa no kukambara ngo kuko bituma badahumeka neza. Bamwe bahisemo guhindura amayira ngo badahura n’abayobozi bakabahana. Mu rwego rwo kwirinda ko babazwa n’inzego zibishinzwe ibijyanye n’agapfukamunwa, aba baturage bavuga…