Urubanza rwa Muhayimana: Abaregera indishyi bashaka ubutabera butarimo urwango
Ku munsi wa 17 w’urubanza Claude Muhayimana aburanishwa ku ruhare yaba yaragize mu byaha bya Jenoside, humviswe umuryango Collectif Des Parties Civiles pour le Rwanda (CPCR) ndetse n’abunganira abaregera indishyi Me Gilles PARUELLE yavuze ko mu Rwanda gacaca zaburanishije abatarahunze, ati” abahunze harimo n’abari mu Bufransa ntibakwiye kutabazwa ibyo bakoze.” yakomeje avuga ko Jenoside itashoboka…