Urubanza rwa Muhayimana: Abaregera indishyi bashaka ubutabera butarimo urwango

Ku munsi wa 17 w’urubanza Claude Muhayimana aburanishwa ku ruhare yaba yaragize mu byaha bya Jenoside, humviswe umuryango Collectif Des Parties Civiles pour le Rwanda (CPCR) ndetse n’abunganira abaregera indishyi Me Gilles PARUELLE yavuze ko mu Rwanda gacaca zaburanishije abatarahunze, ati” abahunze harimo n’abari mu Bufransa ntibakwiye kutabazwa ibyo bakoze.” yakomeje avuga ko Jenoside itashoboka…

Read more

Harashidikanywa niba Muhayimana yararwaye cyangwa atararwaye muri jenoside

Mu rubanza rwa Claude Muhayimana ucyekwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 , akaba akurikiranweho gutwara abajyaga kwica abatutsi aho babaga bahungiye. Yiregura avuga ko hari iminsi yari arwaye malaria bityo ko ibyo ashinjwa atari kubikora arwaye. Abamushinja bo bakavuga ko ari amatakirangoyi atigeze arwara. Colonel Christophe Koenig ni umuyobozi wari ushinzwe anketi…

Read more

Paris : Umugore wa Muhayimana yatanze ubuhamya mu rukiko.

Musengeyezu Mediatrice niwe mugore washakanye na Muhayimana Claude , bashakanye mu 1991, kuri uyu wakabiri tariki ya 7 Ukuboza 2021 yatanze ubuhamya mu rubanza rurimo kubera i Paris mu Bufaransa, kubyo azi ku mugabo we kuri ubu urimo kuburanishwa ku byaha akekwaho. Uyu mugore yavuze ko yamenyanye na Muhayimana Claude mu 1987, maze baza kubana…

Read more

Paris: Urubanza rwibanze kuri Mwafrika ugarukwaho mu iburanisha

Ku munsi wa 13 w’urubanza rwa Claude Muhayimana ruri kubera I Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya ufungiye muri Gereza ya Rubavu. Uyu yagarutse ku izina Mwafurika waguye mu gitero ubwo abatutsi birwanagaho bakoresheje amabuye inkoni n’amacumu rigarukwaho kenshi n’abatangabuhamya batandukanye muri uru rubanza. Uubanza ruburanishwamo umunyarwanda Muhayimana Claude ukekwaho ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi rurakomeje…

Read more

Umutangabuhamya yakuyeho urujijo kuri « ordre de mission” yateje umwiryane

Ku munsi wa munani w’urubanza rwa Muhayimana Claude rubera I Paris mu Bufaransa, hagaragajwe umwimerere (itari kopi) ya ‘Ordre de mission’ yatanzwe na Muhayimana nk’ikimenyetso cy’uko ibyaha akurikiranyweho byabaye adahari. Umutangabuhamya bamwe batiyumvishaga uko yageze mu rukiko, yakuyeho urujijo kuri iyo nyandiko. Umuvugabutumwa w’imyaka 60, yari umubitsi (comptable) wa Guest House ya Kibuye, aho Muhayimana…

Read more