Umutangabuhamya yagaragaje uruhare rwa Biguma mu rupfu rwa Burugumesitiri wa Ntyazo
Mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa hakomeje urubanza mu bujurire rwa Philippe Hategekimana uzwi ku izina rya Biguma. Ni urubanza rwatangiye taliki ya 4 Ugushyingo 2024, aho aburana ajuririra igihano cya burundu yari yahawe mu rwego rwa mbere muri kamena 2023. Ku munsi wa cyenda w’iburanisha, umutangabuhamya wabanye na Biguma muri Jandarumori ndetse…