Bomboko ntiyari Interahamwe_Umutangabuhamya

Kuva tariki ya 8 mata 2024, urukiko rwa rubanda rwa Buruseli, mu gihugu cy’u Bubiligi, ruraburanisha Umunyarwanda Nkunduwimye Emmanuel bakundaga kwita Bomboko, ukekwaho ibyaha byakozwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.  “Bomboko” uburana ahakana ibyaha, yemera ariko ko yari inshuti ya Rutaganda Georges wari Visi Perezida w’interahamwe ku rwego rw’igihugu. Ku wa 18 mata, umutangabuhamya…

Read more

Col. Rutayisire wahoze mu buyobozi bukuru bwa Jandarumori yashinje Bomboko

Mu rubanza rwa Emmanuel Nkunduwimye uzwi ku izina rya Bomboko rukomeje kubera mu gihugu cy’u Bubiligi, umwe mu batangabuhamya bumviswe n’urukiko ni Col Laurent Rutayisire wigeze kuba mu buyobozi bwa jandarumori mbere ya jenoside. Mu buhamya bwe, Col Rutayisire yagaragaje ko indege y’uwahoze ari Perezida w;u Rwanda Habyarimana ikimara guhanurwa yari muri Kigali, ibyemezo bifatwa…

Read more

Kayibanda yari yarasabye Loni ko Abahutu n’Abatutsi batuzwa ukubiri -Umushakashatsi

Umushakashatsi w’Umufaransakazi, Hélene Dumas, avuga ko ubutegetsi bwa Grégoire Kayibanda, wabaye Perezida w’u Rwanda rukimara guhabwa ubwigenge, bwari bwarasabye Loni ko Abatutsi n’Abahutu batuzwa ahatandukanye mu Rwanda. Uyu mushakashatsi waje mu Rwanda inshuro zirenga cumi n’eshanu guhera muri 2004, ndetse akanandika igitabo yise “Génocide au village: Le massacre des Tutsi au Rwanda”, ugenekereje wakwita “Jenoside…

Read more

U Bubiligi: Nkunduwimye ushinjwa kwica Abatutsi ahanganye n’ubutabera

Mu Rukiko rwa Rubanda ruherereye i Buruseli mu Bubiligi hatangijwe urundi rubanza rw’Umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Uwo ni uwitwa Nkunduwimye Emmanuel bitaga Bomboko. Uyu mugabo w’imyaka 65 aburana ahakana ibyaha byose ashinjwa birimo kwica Abatutsi no gufata ku ngufu. Ashinjwa kuba yarabikoreye mu igaraje rye rya AMGAR…

Read more

Dr. Munyemana Sosthène: Umuganga waretse kuvura akihindura konseye muri jenoside

Kuko Konseye BWANACYEYE François atari agifite ubushobozi bwo kuyobora kubera izabukuru, mu gihe cya jenoside Dr Sosthene Munyemana yahagaritse kuvura ahitamo kuyobora Segiteri ya Tumba, afata inshingano zo gukemura ibibazo by’Abatutsi biyitaga Abahutu nk’uko byavugiwe mu buhamya bwatanzwe rubanza rwe. Umutangabuhamya wagaragaye mu ruhande rw’abashinja Dr Munyemana, mu rubanza akurikiranyweho gukora ibyaha bya jenoside, mu…

Read more