Nyanza: Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza bwanyuzwe n’igihano Biguma yahawe

Nyuma yo kumva umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’ubujurire rwa Biguma aho yakatiwe gufungwa burundu, ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza aho yakoreye ibyaha bwavuze ko bwishimiye umwanzuro w’urukiko kuko ubutabera bwatanzwe ku barokotse jenoside. Meya w’akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme, avuga ko bishimiye umwanzuro w’urukiko rw’igifungo cya burundu cyahawe Philippe Hategekimana Mannier uzwi nka Biguma kuko babibona…

Read more

Nyanza: IBUKA yishimiye igihano cyahawe Biguma

Nyuma y’aho Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris ruhaye igihano cy’igifungo cya burundu Hatagekimana Philippe uzwi ku izina rya Biguma, ubuyobozi bwa IBUKA mu karere ka Nyanza yakoreyemo ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu bwatangaje ko bwishimiye igihano yahawe. Mu ijoro ryo ku itariki ya 18 Ukuboza 2024 nibwo urwo rukiko rwahamije Biguma ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye…

Read more

Paris: Biguma yahanishijwe gufungwa burundu mu rubanza rw’ubujurire

Kuri uyu wa 18 Ukuboza 2024, urubanza rwaberaga mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwapfundikiwe, rwanzura ko Hategekimana Philippe Manier uzwi nka Biguma afungwa burundu nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu. Ni urubanza Biguma yajuriye ahakana ibyaha yari yahamijwe muri Kameza 2023, aho yari yahanishijwe gufungwa burundu n’ubundi. Uyu mwanzuro uje…

Read more

AMI yifuza ko abafungirwa ubuzererezi bafungurwa barahindutse

Ubwo umuryango ‘’Association Modeste et Innocent – AMI’’ wizihizaga isabukuru y’imyaka 76 ishize hasinywe Amasezerano Mpuzamahanga y’Uburenganzira bwa Muntu, watangaje ko kimwe mu byo u Rwanda rwagombye kongeramo imbaraga harimo kureba uko abafungirwa mu bigo by’inzererezi (transit centers) bajya bigishwa bagahinduka bakazagaruka muri sosiyete batameze nk’uko bagiye bameze. Kimwe mu byagarutsweho mu biganiro byabaye kuri…

Read more

Au Mali, une application facilite le don de sang

Destinée aux particuliers et aux structures de santé, l’application permet de trouver des donneurs de sang, en seulement trois minutes. Fraîchement lancée en septembre dernier, l’application mobile « Djooli » promet de sauver des vies au Mali, en palliant la pénurie de sang. Lancée par Abdourahamane Boubacar Diarra et Soumaila Abdoulaye Diarra, deux jeunes technophiles maliens, la…

Read more

Nyanza: Abarokokeye i Karama ntibanyuzwe no kuba Biguma atarabajijwe ibyaho

Umunyarwanda Hategekimana Philippe uzwiho akazina ka Biguma ukekwaho gukora Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w‘1994 ari mu rukiko rwa Rubanda rw‘i Paris aho ari kujuririra igihano yahawe cya burundu ku byaha yahamijwe mu rubanza rwabaye mu mwaka wa 2023. Hategekimana ashinjwa yaba yarabikoreye mu bice bitandukanye by’akarere ka Nyanza ariko we akaba abihakana. Ubwo abanyamakuru…

Read more

Uwari Konseye wa Mushirarungu yagaragaje icyasembuye ubwicanyi i Nyanza

Mu rubanza rwa Philippe Hategekimana rubera mu gihugu cy’u Bufaransa, mu buhamya bwa Israel Dusingizimana wari Konseye wa Segiteri Mushirarungu yagaragaje imbarutso y’iyicwa ry’Abatutsi mu yahoze ari Komini Nyabisindu ndetse no muri za Komini byari bituranye. Uyu mugabo uriho urangiriza ibihano bye muri gereza kubera ibyaha bya jenoside yahamijwe, yabwiye Urukiko ko yari asanzwe azi…

Read more

Paris : Col. Nzapfakumunsi yahakanye uruhare rwa Jandarumori muri jenoside

Ku munsi wa cumi w’urubanza rwa Philippe Hategekimana uzwi ku izina rya Biguma, umutangabuhamya wahoze mu buyobozi bwa Jandarumori y’u Rwanda yumvikanye ahakana uruhare rwa Jandarumori muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.  Lt Col Jean Marie Vianney Nzapfakumunsi waje kwiyita Munsi, ni umwe mu batangabuhamya bumviswe n’Urukiko rwa rubanda kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2024…

Read more