Inama ntegurarubanza y’urubanza rwa Kabuga igiye guterana

Urwego Rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwashyiriweho u Rwanda (MICT), rwatangaje ko ku itariki ya 6 Ukwakira uyu mwaka, hazabaho Inama ntegurarubanza y’urubanza rwa Kabuga Félicien ufunzwe akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi nama izaba igamije gusuzuma ibijyanye n’urubanza rwa Kabuga mbere y’uko rutangira kuburanishwa mu mizi, aho uruhande rw’Ubushinjacyaha ruhagarariwe na Serge…

Read more

Ubufaransa bwongeye guta muri yombi Isaac Kamali

Ubutabera bw’Ubufaransa bwongeye guta muri yombi umunyarwanda Isaac Kamali ukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, akaba akurikiranyweho icyaha cya jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu. Kamali w’imyaka 72 yafashwe n’ubutabera bw’Ubufaransa ku wa kane taliki 16 Nzeri 2021 nk’uko byatangajwe n’ishami ry’ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya ibikorwa by’iterabwoba. Ubutabera bw’u Rwanda bwari bwaramukatiye igihano…

Read more