Amarushanwa ku masezerano mpuzamahanga amaze kuzana impinduka mu butabera

Amarushanwa ku Masezerano mpuzamahanga arengera Ikiremwamuntu  (International humanitarian Law- IHL)  ahuza abanyeshuri biga amategeko muri za kaminuza zitandukanye, akaba ategurwa n’Umuryango Mpuzamahanga Utabara Imbabare (CICR). Inzego z’ubutabera zemeza ko hari impinduka zigaragara mu butabera  kuko aya marushanwa afasha abanyeshuri biga amategeko kwinjira mu mwuga bawukora kinyamwuga. Tariki ya 13 Ukwakira 2023, aya marushanwa yabaye ku nshuro…

Read more

Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera

Gufatwa, guca urubanza, gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko no gufungwa ni inzira ndende y’ubutabera. Iyi nzira igendana n’urusobe rw’ibibazo biremereye urwego rw’ubutabera. Imanza nyinshi, abamaze igihe bafunze bataburana, ubucucike bw’abafunzwe… Ibi bitera kwibaza niba uwakoze icyaha wese ubutabera ahabwa ari ukumufunga. Hari izindi nzira zagakoreshejwe kandi ubutabera bugatangwa ku gihe kandi bwuzuye. Gusa inzira ni…

Read more

Abandi Banyarwanda babiri bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside bagiye kuburanishwa n’u Bubiligi

Abanyarwanda babiri, Pierre Basabose w’imyaka 76 na Séraphin Twahirwa w’imyaka 66, bakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 bagiye kuburanishwa n’igihugu cy’u Bubiligi mu rukiko rwa rubanda rw’i Buruseli (Bruxelles), ku byaha by’intambara n’ibyaha bya jenoside. Aba bagabo babiri bafatiwe mu gihugu cy’u Bubiligi muri Nzeri 2020 biturutse ku mpapuro zo…

Read more

RWANDA_JENOSIDE : IFOTO RUSANGE Y’UBUTABERA KU BAHUNGIYE MU MAHANGA

Mu kwezi gushize kwa Kamena 2023, igihugu cya Malawi cyohereje, mu Rwanda, Niyonagira Theoneste ukekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Nyuma y’imyaka 29, uretse abafatwa, hari n’imanza zikiburanishwa n’izindi zitegerejwe hano mu Rwanda no mu mahanga. Jenoside ni icyaha mpuzamahanga kidasaza, kandi ubutabera bugira ukuboko kurekure. Ifoto y’ibimaze gukorwa iratanga icyizere. Ku bantu…

Read more

Icyegeranyo ku manza z’abashinjwaga Jenoside yakorewe Abatutsi zabereye hanze y’u Rwanda

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 igahitana imbaga isaga miliyoni, byabaye ngombwa ko abayigizemo uruhare bahanwa kugira ngo bitange isomo ku isi yose bityo icyo cyaha ndengakamere ntikizongere kubaho ukundi. Abakoze ayo mahano batabashije kuva mu Rwanda barahanwe, cyane cyane hifashishijwe inkiko Gacaca. Hari abafatiwe kandi hanze y’igihugu boherezwa mu Rukiko Mpanabyaha…

Read more

Jenoside: Muyira yiswe ‘’Yeruzalemu’’ hagamijwe guhururiza Abatutsi bahahungiye ngo bicwe

Abarokotse Jenoside yakorerewe Abatutsi bo mu murenge wa Muyira ndetse no mu nkengero zawo mu karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo, batangaza uburyo Abatutsi bahahungiye bahuye n’amakuba mu gihe cya Jenoside. Abicanyi ngo bahagereranyije na Yeruzalemu yo muri bibiliya bashaka kugaragaza ko Abatutsi benshi bahahungiye nk’abahizeye umutekano no kurokoka, nyamara bwari uburyo bwo gusaba ‘’umusada’’…

Read more

Iyo abajandarume batazana imbunda ntihari gupfa Abatutsi benshi – Abatangabuhamya

Mu rubanza rwa Hategekimana Philippe uzwi ku izina rya Biguma, abatangabuhamya bavuze ko bataratangira kubicisha imbunda, birwanagaho bakoreshe amabuye. Ahamya ko iyo izo mbunda zitaza kunganira ibindi bikoresho bicishwaga hari kurokoka Abatutsi benshi. Abatangabuhamya barokotse jenoside yakorewe Abatutsi batandukanye haba abari mu rukiko rwa rubanda i Paris, yaba abatanze ubuhamya bari i Kigali hifashishijwe ikoranabuhanga,…

Read more

Nyanza: Guhabwa amakuru ku rubanza rwa Biguma bituma bizera guhabwa ubutabera

Bamwe mu batuye mu murenge wa Karama mu karere ka Nyanza baratangaza ko kwegerwa n’abanyamakuru bagahabwa amakuru y’urubanza rw’abahakoreye ibyaha bituma bizera ko abahohotewe bazahabwa ubutabera. Ubwo itsinda ry’abanyamakuru bakora inkuru z’ubutabera bakorana n’umuryango PAX PRESS bari kumwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu HAGURUKA, bitabiriye inteko y’abaturage mu kagari ka Cyotamakara mu murenge wa Ntyazo,…

Read more