Guhorana inzoga iwanjye byankijije kwicwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi – Laurien Ntezimana

Laurien Ntezimana, umwe mu bashinze “Association Modeste et Innocent (AMI)”, kuri uyu wa 29 Nzeri 2025, yabwiye Urukiko rwa Rubanda rw’Ubujurire rwa Paris ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yikatiye urwo gupfa atabizi, ariko akaza kurokorwa no kuba iwe yarahoranaga inzoga. Ntezimana ubusanzwe yari utuye iruhande rwa Segiteri Tumba, kuri ubu mu Murenge wa…

Read more

Les faits saillants dans l’affaire Philippe Hategekimana

Pour ce huitième procès tenu en France pour génocide des Tutsi, Philippe Hategekimana Manier alias BIGUMA est la neuvième personne jugée coupable et condamnée. Comme tous les autres, il a plaidé non-coupable. Ci-après, les faits marquants de l’affaire. Le 26 décembre 1956, naissait Philippe Hategekimana, dans l’ancienne commune de Rukondo, l’actuel secteur de Nyagisozi du…

Read more

«Biguma ukomeje kutubera amayobera» – Umucamanza

Ku wa 18 Ukuboza 2024, ni bwo Umunyarwanda Hategekimana Philippe yahanishijwe igihano cy’igifungo cya burundu n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris, mu gihugu cy’u Bufaransa. Ni nyuma yo kumuhamya icyaha cya jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, nubwo uregwa avuga ko byakozwe adahari. Ukuri, imbere y’umucamanza, ni uko Biguma ubwe ari «amayobera»! Muri uru rubanza kuri jenoside yakorewe…

Read more

Nyanza: Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza bwanyuzwe n’igihano Biguma yahawe

Nyuma yo kumva umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’ubujurire rwa Biguma aho yakatiwe gufungwa burundu, ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza aho yakoreye ibyaha bwavuze ko bwishimiye umwanzuro w’urukiko kuko ubutabera bwatanzwe ku barokotse jenoside. Meya w’akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme, avuga ko bishimiye umwanzuro w’urukiko rw’igifungo cya burundu cyahawe Philippe Hategekimana Mannier uzwi nka Biguma kuko babibona…

Read more

Nyanza: IBUKA yishimiye igihano cyahawe Biguma

Nyuma y’aho Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris ruhaye igihano cy’igifungo cya burundu Hatagekimana Philippe uzwi ku izina rya Biguma, ubuyobozi bwa IBUKA mu karere ka Nyanza yakoreyemo ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu bwatangaje ko bwishimiye igihano yahawe. Mu ijoro ryo ku itariki ya 18 Ukuboza 2024 nibwo urwo rukiko rwahamije Biguma ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye…

Read more