Claude Muhayimana yahakanye kugira uruhare muri jenoside nyamara yemera ko yabaye

Kuri uyu wa kabiri tariki 23 Ugushyingo 2021, mu gihugu cy’Ubufaransa hakomeje urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Muhayimana Claude uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994. Claude Muhayimana aziko jenoside yabaye nubwo ahakana uruhare yayigizemo muri 1994. Ibi yabivugiye mu rubanza ruri kubera mu rukiko rwa rubanda (cours d’assise) rw’ I Paris.Muhayimana Claude akomoka mu…

Read more

Hakenewe ubufatanye mu gukurikirana abakekwaho jenoside bari hanze

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda, avuga ko inama mpuzamahanga kuri jenoside iri kubera mu Rwanda ishobora kugira icyo ihindura ku bihugu bidashaka kohereza mu Rwanda abakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi n’ibikibigendamo gahoro. Yabitangarije i Kigali, ahateraniye inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri ihuje abantu batandukanye baturutse hirya no ku Isi bafite aho bahuriye n’ubutabera, “Inama…

Read more

Inkiko za rubanda ziburanisha abakekwaho jenoside zikora zite (Cours d’Assises)

Guhera taliki ya 22 Ugushyingo kugeza ku ya 17 Ukuboza 2021, mu rukiko Rwanda rubanda mu Bufaransa hazatangira kuburanishirizwa urubanza rwa Jean Claude Muhayimana, ukurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Benshi bibaza ku mikorere y’izi nkiko ziba zirimo abacamanza b’umwuga n’inyangamugayo zigira uruhare mu rubanza. Aba bahuriza kuki? Bagira uruhe ruhare mu…

Read more

U Bufaransa bwatangiye iperereza ku wabaye umudepite ukekwaho uruhare muri Jenoside

Inzego z’ubutabera mu Bufaransa zatangiye iperereza kuri Pierre Kayondo wabaye umudepite mu Rwanda, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ibyaha byibasiye inyokomuntu.Uwo mugabo bikekwa ko aba mu gace ka Le Havre mu Bufaransa. Akurikiranwe nyuma y’ikirego cyatanzwe n’Impuzamiryango iharanira ko abakoze Jenoside bose bagezwa imbere y’ubutabera (CPCR) ku wa 22 Nzeri, nk’uko ikinyamakuru…

Read more

Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yirukanwe muri Amerika

Ibiro by’Umushinjacyaha mukuru w’Amerika byatangaje ko Amerika yambuye ubwenegihugu umugabo wari wariyise Peter Kalimu, ariko amazina ye ari Fidele Twizere. Bivugwa ko byakozwe nyuma y’uko hari ibimenyetso bifatika byerekana uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Yabaga muri Amerika yiyoberanya. Hari inyandiko zabonetse zishinja Peter Kalimu uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi b’aho yari atuye ndetse ngo…

Read more

Umucamanza Theodore Meron yeguye

Urwego rwasimbuye Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) rwatangaje ko Umucamanza Theodor Meron yamenyesheje Umunyamabanga Mukuru wa Loni, ubushake bwo kwegura ku buryo ku wa 17 Ugushyingo 2021 atazaba akibarizwa muri uru rwego. Meron yari amaze imyaka igera kuri 20 mu rwego rw’ubutabera mpuzamahanga uhereye igihe yabereye umucamanza y’Urukiko Mpuzamahanga rwari rwarashyiriweho iyahoze ari Yougoslavie…

Read more