Rwamucyo yagombaga kongererwa igihano kubwo kunaniza inkiko – Perezida wa Ibuka Gishamvu

Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 bo mu murenge wa Gishamvu mu karere ka Huye, banyuzwe n’igihano Dr Eugène Rwamucyo yahawe ariko ngo kuri bo bari kucyongera kubwo kunaniza inkiko. Kuri uyu wa Kabiri, ubwo abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye bari mu muryango w’abanyamakuru baharanira amahoro, PAX PRESS, basuraga abaturage bo mu kagari ka Nyumba Umurenge…

Read more

Icuruzwa ry’abantu rikomeje gufata intera ku isi

Taliki 30 Nyakanga za buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icuruzwa ry’abantu. Uyu munsi washyizweho n’umuryango w’abibumbye, hagamijwe gukangurira abatuye isi ikibazo cy’ingutu cy’icuruzwa ry’abantu, n’uburyo bwo kubikumira. Hirya no hino ku isi, abantu bashukwa n’amatangazo mahimbano y’akazi, bizezwa akazi keza mu mahanga ndetse n’amahirwe yo gutura mu mahanga…

Read more

Abarokokeye i Gishamvu bahamya ko Dr. Eugene  Rwamucyo nta bumuntu yari afite

Dr Eugene Rwamucyo ashinjwa gukora ibyaha bya jenoside birimo guhamba imibiri y’abatutsi mu byobo yari yaracukuje, mu cyahoze ari perefegitura ya Butare, ariko we akiregura avuga ko yabikoraga mu rwego rw’ubuzima kugira ngo imibiri itangirika cyane ko byari mu gihe cy’imvura; ikaba yateza indwara abakiri bazima. Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bo mu murenge…

Read more

Rwamucyo yashinjwe kuyobora ibikorwa byo gucukura no gushyingura Abatutsi

Umwe mu batangabuhamya mu rubanza rwa Rwamucyo wari umushoferi wa kateripilari mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, yashinje Rwamucyo icyaha cyo kuyobora ibikorwa byo gucukura ibyobo no gushyingura abatutsi mu cyahoze ari perefegitura ya Butare, akavuga ko nawe ari mu bakoranaga na Rwamucyo ariwe watangaga amategeko y’ibikorwa. Uwo mutangabuhamya avuga ko umunsi indege…

Read more

JENOSIDE: URUKIKO RW’I PARIS RWATEGETSE KO MUHAYIMANA CLAUDE AFUNGWA

Ku wa gatanu tariki ya 27 Gashyantare, Claude Muhayimana, umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, yakatiwe n’Urukiko rwa rubanda  rw’i Paris, igifungo cy’imyaka 14, kubera ubufatanyacyaha muri jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umushinjjacyaha yari yamusabiye igiungo cy’imyaka 15, mu gihe abamwunganira basabaga ko ahita arekurwa. Urukiko rwahamije ko ibyo…

Read more