Amanyanga mu ikoreshwa ry’amafaranga ya SDF aca intege urubyiruko

Ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda na Banki y’isi, haje umushinga w’ikigega SDF (Skills Development Funds) ugamije gufasha urubyiruko kwimenyereza umwuga bigira ku murimo. Ibigo byakira urubyiruko bivuga ko bigenda neza, nyamara bamwe mu rubyiruko batabyitabira: abanyeshuri ba baringa, kudahabwa ibyateganijwe, ruswa mu gutera inkunga imishinga; ni bimwe mu bica intege iyi gahunda. Muri iyi…

Read more

Iburasirazuba: Inzuri zirenga magana ane zihingwamo mu buryo butemewe

Inzuri zagenewe kororerwamo ariko zihingwamo, umuco wa hinga tugabane hagati y’aborozi n’abahinzi, gutinda gusinya amasezerano yo gukoresha neza inzuri, ngibyo ibyagarutsweho mu nama n’ubuyobozi ku mikoreshreze y’inzuri i Burasirazuba. Abayobozi n’abaturage basabwe gufata izindi ngamba mu gukemura ibyo bibazo. Raporo zitangwa n’abashinzwe ubworozi mu turere twa Kayonza, Nyagatare na Gatsibo zigaragaza ko hari inzuri 440…

Read more

Guteka kuri biogaz na rondereza byabatandukanyije no kwangiza amashyamba

Bamwe mu bahawe biogaz n’imbabura za rondereza n’umushinga Green Gicumbi, ukorerwa mu karere ka Gicumbi, mu ntara y’Amajyaruguru mu rwego rwo kugabanya ibicanwa byatumaga bamwe bajya gusenya inkwi, bavuga ko byatumye batakijya kwangiza amashyamba. Ubu nabo ngo bazi uruhare rwabo mu kubungabunga ibidukikije Mukantwari Gaudiose w’imyaka 47 y’amavuko atuye mu mudugudu wa Rwasama akagari ka…

Read more

Gicumbi:Ibigega birafata amazi yateraga isuri

Bamwe mu bubakiwe ibigega bifata amazi n’ umushinga Green Gicumbi, bavuga ko batagisenyerwa cyangwa ngo bangirizwe n’amazi yo ku bisenge by’inzu kuko biyafata bityo n’ isuri ntibatwarire ubutaka. Ndabarinzi Emmanuel ni umuhinzi w’icyayi utuye mu kagari ka Rugerero mu murenge wa Mukarange w’akarere ka Gicumbi. Aravomera amazi mu ijerekani ya litiro 20 ku kigega kingana…

Read more