Inkiko za rubanda ziburanisha abakekwaho jenoside zikora zite (Cours d’Assises)

Guhera taliki ya 22 Ugushyingo kugeza ku ya 17 Ukuboza 2021, mu rukiko Rwanda rubanda mu Bufaransa hazatangira kuburanishirizwa urubanza rwa Jean Claude Muhayimana, ukurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Benshi bibaza ku mikorere y’izi nkiko ziba zirimo abacamanza b’umwuga n’inyangamugayo zigira uruhare mu rubanza. Aba bahuriza kuki? Bagira uruhe ruhare mu…

Read more

Gira igare rubyiruko : Gahunda yafasha Urubyiruko kuva mu bukene

Hirya hino mu Rwanda igare rikemura ibibazo byinshi. Haba ku mihanda ya kaburimbo cyagwa iy’igitaka, hirya iyo ahadakunze kugera imodoka, igare ni igisubizo ku bibazo byinshi: kujyana cyangwa kuvana ibintu ku masoko no gutwara abantu badashoboye gutega ipikipiki cyangwa imodoka, cyane mu ngendo zitari ndende. Ku banyonzi bayakoresha, igare ni yo nka yabo, ibakamira buri…

mostbet mostbet mostbet mostbet
Read more