Afurika: Hafashwe ingamba ku bihugu birimo umutekano muke

Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano n’ iterabwoba byugarije Afurika ariko cyane cyane ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, na Somalia. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri rusange abayobozi ba Afurika bahangayikijwe…

Read more

Ubwongereza: Benshi mu barimu bunganizi(assistants teachers) ntibabyazwa umusaruro

Igihugu cy’ubwongereza ngo nicyo gica agahigo mu kugira abarimu benshi n’amashuri meza, ariko hakorwa urutonde rushingiye ku bushobozi bw’abanyeshuri, iki gihugu kikaza mo hagati, inyuma ya za Singapure na Finilande. Si aka wa mugani w’ikinyarwanda ngo “uburo bwinshi ntibugira umusururu”, gahunda mpuzamahanga yo gusuzuma ubushobozi bw’abanyeshuri (Programme for International Student Assessment/PISA) iyo itondetse ibihugu, Ubwongereza…

Read more

Barankitse Marigueritte ntiyemeranya n’uburyo ibiganiro ku bibazo by’I Burundi bikorwa

Margueritte Barankitse(MB) ni umugore uharanira uburenganzira bwa muntu ukomoka mu Burundi. Aherutse guhabwa igihembo cy’umuntu w’indashyikirwa mu kongera kurema ubumuntu mu isi ’’ prix pour l’éveil de l’humanité’’. Yakoze ibikorwa binyuranye byo kwita ku burenganzira bw’abana i Burundi aho yubatse ibitaro bibitaho ndetse akanakira imfubyi z’intambara, iza Sida n’izindi zitandukanye mu kigo yise ‘’ Maison…

Read more