Icuruzwa ry’abantu rikomeje gufata intera ku isi

Taliki 30 Nyakanga za buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icuruzwa ry’abantu. Uyu munsi washyizweho n’umuryango w’abibumbye, hagamijwe gukangurira abatuye isi ikibazo cy’ingutu cy’icuruzwa ry’abantu, n’uburyo bwo kubikumira. Hirya no hino ku isi, abantu bashukwa n’amatangazo mahimbano y’akazi, bizezwa akazi keza mu mahanga ndetse n’amahirwe yo gutura mu mahanga…

Read more

Abarokokeye i Gishamvu bahamya ko Dr. Eugene  Rwamucyo nta bumuntu yari afite

Dr Eugene Rwamucyo ashinjwa gukora ibyaha bya jenoside birimo guhamba imibiri y’abatutsi mu byobo yari yaracukuje, mu cyahoze ari perefegitura ya Butare, ariko we akiregura avuga ko yabikoraga mu rwego rw’ubuzima kugira ngo imibiri itangirika cyane ko byari mu gihe cy’imvura; ikaba yateza indwara abakiri bazima. Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bo mu murenge…

Read more