ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMODOKA YA PAX PRESS
Itangazo ryo Kugurisha Imodoka
Kuganirira mu gitaramo ni uburyo bwakozwe nk’ikiganiro “uruhare rw’abaturage n’abayobozi” cyari kimenyerewe mu guhuza abaturage n’abayobozi bakaganira ku bibazo ndetse n’iterambere ryabo. Iki kiganiro kije mu isura nshya y’igitaramo cyatambutse kiri kuba ‘’live’’ kuri Radio Ishingiro, Radio Izuba na Radio Isangano, ku wa 10 Kanama 2023. Cyavugaga ku matora atandukanye ashyiraho abayobozi. Ubwo iki gitaramo…
Abanyarwanda babiri, Pierre Basabose w’imyaka 76 na Séraphin Twahirwa w’imyaka 66, bakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 bagiye kuburanishwa n’igihugu cy’u Bubiligi mu rukiko rwa rubanda rw’i Buruseli (Bruxelles), ku byaha by’intambara n’ibyaha bya jenoside. Aba bagabo babiri bafatiwe mu gihugu cy’u Bubiligi muri Nzeri 2020 biturutse ku mpapuro zo…
Rwanda has committed to host the vaccine-manufacturing hub in order to share vaccines with the rest of East Africa as a way of strengthening regional integration and building regional capacities in the region whose healthcare system was caught off-guard recently by the COVID-19 pandemic. A study presented recently by the Observer Research Foundation (ORF) concluded that…
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Matimba mu Karere ka Nyagatare basanga nta mwana ukwiye kugwingira kuko atabonye igi cyane ko rihendutse kandi akaba ari indyo yuzuye ikenerwa n’umwana. Mu kwizihiza umunsi w’Umuganura, amagi yari bimwe mu biribwa byateguriwe abana mu rwego rwo gushishikariza ababyeyi guhora bayagaburira abana mu rwego rwo kubarinda igwingira. Bamwe…
Mu gihe hari gahunda ya Leta n’abandi bafatanyabikorwa yo gushishikariza ababyeyi kugaburira umwana igi rimwe ku munsi hagamijwe kurwanya ko agwingira, mu mudugudu wa Rugero uherereye mu kagali ka Kivugiza, mu murenge wa Nyamirambo bo bavuga ko uwo muco bawurambyeho, ndetse ukaba utahabona umwana n’umwe wagwingiye. Urugero rwiza ku bandi babyeyi. Turi saa saba n’igice…