COVID19: Uwari mucoma yahindutse umuyede

Covid 19 yateye bamwe kubura akazi, bicara mu ngo aho babayeho nabi. Abandi nyamara bahisemo guhindura imirimo bajya mu ivunanye ariko ituma badasabiriza. Bamwe n’umubiri urahazaharira ariko bakishimira ko barya ibyo bavunikiye. Ku masaha ya saa ine aho bari kubaka inzu y’amagorofa abiri, uwahoze ari mucoma mbere ya COVID 19; ubu ari guhereza abafundi we…

Read more

Pulasitiki zitabwa mu Kivu zagabanyije umusaruro w’isambaza

Kugira ngo amafi n’isambaza bishobore kororoka bitekanye mu kiyaga cya Kivu, buri mwaka u Rwanda rufata amezi abiri yo guhagarika uburobyi muri icyo kiyaga. Kimwe mu bivugwa ko bitera umusaruro w’isambaza kugabanyuka, harimo imyanda itabwa mu kiyaga cya Kivu ituma zimwe muri zo zipfa. Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubwowozi (MINAGRI), igaragaza ko isambaza zihura n’ibibazo byo kororoka…

Read more

Abikorera bagizweho ingaruka na Covid 19 bagiye kugobokwa

Leta y’u Rwanda yatangije ikigega kizafasha inzego zitandukanye z’abikorera zagezweho n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 kongera kubyutsa ibikorwa byabo. Gusa aba bagomba kugaragaza nyine uko byabagizeho ingaruka kandi bagabanije mu byiciro bitandukanye Ni ikigega cyatangijwe tariki 08 Kamena 2020, nk’uko Kigali Today ibitangaza, kikaba ari igisubizo ku bikorera bakunze kugaragaza ko icyo cyorezo cyabadindije mu mikorere,…

Read more

Kigali: Baracyishyura moto mu ntoki kandi basabwa gukoresha ikoranabuhanga

Kwishyura ingendo n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi hifashishijwe ikoranabuhanga ni imwe mu ngamba leta y’u Rwanda yashyizeho zo kwirinda ikwirakwizwa ry’ubwandu bwa covid 19 hirindwa guhererekanya amafaranga mu ntoki. Gusa haba abatwara moto n’abagenzi, bamwe muri bo baracyagowe no gukoresha iryo koranabuhanga bamwe barifiteho amakuru atari yo abandi bagitsimbaraye ku buryo bari bamenyereye mbere. Bamwe mu batwara…

Read more