Nintorwa buri Munyarwanda azaba avuga rikijyana – Mpayimana

Ubwo yiyamamazaga mu karere ka Nyaruguru na Nyamagabe, umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Philippe yavuze ko mu gihe yaba atowe buri Munyarwanda yajya avuga rikijyana, ndetse ko nta karengane kakongera kubaho kuko buri wese yajya ahabwa ubutabera 100%. Ubwo yatangiraga kwiyamamaza muri utwo turere, yabanje gusaba abahatuye byibura ko bakwishimira ko…

mostbet mostbet mostbet mostbet
Read more

Amatora2024/ Rusizi: Habineza yabasezeranyije amashuri yo gutwara ubwato ku rwego mpuzamahanga

Mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika birimbanyije, uyu munsi tariki ya 1 Nyakanga 2024, Umukandida w’ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Rusizi na Nyamasheke mu ntara y’Iburengerazuba. Mu migabo n’imigambi yatangaje, harimo kuzabaha ishuri ryigisha ubwato ku rwego mpuzamahanga ku…

Read more