Muhanga : Haracyari imbogamizi mu kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga

Bamwe mu bacuruzi n’abakiriya mu karere ka Muhanga , bavuga ko bagifite imbogamizi mu kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga . Uwishyuye akoresheje telefoni mu buryo bwa Mobile money asabwa kurenzaho n’ayo gukata umucuruzi agiye kuyabikuza .Ni mu gihe Leta isaba abaturage ko mu rwego rwo kwirinda no gukwirakwiza icyorezo cya covid-19 bakwiye kwitabira gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga. Nsigayehe…

Read more

Kubaka aho gukarabira habasumba, bibangamira abafite ubumuga bw’ubugufi bukabije

Abafite ubumuga bw’ubugufi bukabije ntibabasha kugera ahagenewe gukarabira intoki n’amazi meza n’isabune kuko habasumba,ibibabera imbogamizi zo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19. Abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange, na bo bari mu bagomba kubahiriza amabwiriza yo gukumira icyorezo cya covid-19, arimo gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune, bikorerwa ahabugenewe hubatswe mu bice bitandukanye by’igihugu hasanzwe hahurira…

Read more

COVID19: Uwari mucoma yahindutse umuyede

Covid 19 yateye bamwe kubura akazi, bicara mu ngo aho babayeho nabi. Abandi nyamara bahisemo guhindura imirimo bajya mu ivunanye ariko ituma badasabiriza. Bamwe n’umubiri urahazaharira ariko bakishimira ko barya ibyo bavunikiye. Ku masaha ya saa ine aho bari kubaka inzu y’amagorofa abiri, uwahoze ari mucoma mbere ya COVID 19; ubu ari guhereza abafundi we…

Read more

Muhanga: Abamotari n’abagenzi baritana bamwana mu kutubahiriza amabwiriza yo kurwanya Covid 19

Bamwe mu bakora umurimo wo gutwara abagenzi kuri moto, mu karere ka Muhanga baravuga ko bishimiye ingamba zabashyiriweho mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19. Gusa riko ngo haracyari inzira ndende ngo byubahirizwe neza, ibintu bo bavuga ko biterwa n’impamyi yo gushaka ifaranga ku bamotari ndetse n’abagenzi bigira ba ntibindeba. Muri ibi bihe u…

Read more

Kigali: Hari abatinya police kurusha kwirinda icyorezo cya Covid-19

Izi mbogamizi abaturage bafite ngo ni uko hari abo usanga bibutse nko kwambara neza agapfukamunwa ari uko babonye abashinzwe umutekano bamara kurenga ugasanga bakamanuye, ndetse hari n’amabwiriza batubahiriza iyo bari bonyine, ibi bikaba byagira uruhare runini mu gukwirakwiza icyorezo cya Covid19. Habumuremyi David w’imyaka 29 ukorera ubucuruzi mu mujyi wa Kigali avuga ko bibabaje cyane…

Read more