Paris: Hari Abanyarwanda banze gutanga ubuhamya mu rubanza rwa Dr. Rwamucyo ushinjwa Jenoside

Perezida w’inteko y’abacamanza iburanisha urubanza rwa Dr Eug­ene Rwamucyo ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, mu mpera z’icyumweru gishize, yavuze ko ababajwe no kuba hari bamwe mu Banyrwanda bagombaga gutanga ubuhamya muri uru rubanza, none bakaba bahakaniye urukiko  kurwitaba ngo batange ubuhamya. Muri abo Banyarwanda banze kujya gutanga ubuhamya mu rubanza rwa Dr Rwamucyo harimo…

Read more