Col. Rutayisire wahoze mu buyobozi bukuru bwa Jandarumori yashinje Bomboko

Mu rubanza rwa Emmanuel Nkunduwimye uzwi ku izina rya Bomboko rukomeje kubera mu gihugu cy’u Bubiligi, umwe mu batangabuhamya bumviswe n’urukiko ni Col Laurent Rutayisire wigeze kuba mu buyobozi bwa jandarumori mbere ya jenoside. Mu buhamya bwe, Col Rutayisire yagaragaje ko indege y’uwahoze ari Perezida w;u Rwanda Habyarimana ikimara guhanurwa yari muri Kigali, ibyemezo bifatwa…

Read more