UNHCR irasobanura iby’imodoka “yayo” yavumbuwemo urumogi

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi ryasohoye itangazo risobanura iby’impanuka y’imodoka bivugwa ko ari iyayo yabaye ku wa 16 Kanama i Nyamasheke bakayisangamo urumogi. Nk’uko iri tangazo ribivuga ngo iyomodoka yahawe ku buryo bw’inguzannyo umwe mu bafatanyabikorwa bayo. Umushoferi ayifata abeshye ko agiye gutabara birangira imucuranguye inasangwamo ibiyobyabwenge. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR…

Read more

Nicolas Sarkozy yatangaje ko aziyamamaza muri 2017

Nk’uko bikuye mu gitabo cyashyizwe ahagaragara n’ishyaka ayoboye kuwa 24/8/2016, hagaragaramo ko Nicolas Sarkozy azongera kwiyamamariza kuyobora Ubufaransa mu matora ateganyijwe umwaka utaha wa 2017. Ni nyuma y’aho yayoboreye icyo gihugu manda imwe kuva muri 2007 kugera muri 2012. Mu nkuru y’ikinyamakuru Le Monde cyo mu bufaransa, Sarkozy agira ati “nafashe umwanzuro wo kuziyamamariza kuyobora…

Read more