Umutangabuhamya arakibaza icyatumye Dr. Rwamucyo amwirukana ahakurwaga imibiri y’abazize Jenoside

Mu rukiko rwa Rubanda rwa Paris, umwe mu batangabuhamya uzi neza Dr Eugene Rwamucyo kuva bakiri abana biga mu Iseminari Nto ya Rwesero, kuri uyu wa 14 Ukwakira 2024, yabwiye abacamanza ko kugeza n’ubu akibaza impamvu Dr Rwamucyo yamwirukanye aho abafungwa bakuraga imibiri y’abari bamaze kwicwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mutangabuhamya wiyemerera kujya ku…

Read more